Author: ingenzinyayo
Akarere ka Kayonza:Abatuye Umurenge wa Mwiri bamaganye ikinyoma cya Batibuka Laurent wabeshyeye Polisi y’igihugu gutwara umuceli w’umuturage.
Urwego rwa Leta ruba rugomba kubahwa cyane ko ruba rufite inshingano n’ububasha bigenwa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda.Mu karere
Read moreAkarere ka Nyarugenge:Umurenge wa Kigali hasojwe amahugurwa yabakora Irondo ry’umwuga umufatanyabikorwa GAMICO Ltd ahabwa igihembo cy’ishimwe.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 30 ukuboza 2023 Mu Murenge wa Kigali hasojwe amahugurwa yabakora irondo ry’umwuga yari amaze iminsi
Read moreInyota y’irari yatumye Uwimana Ibrahim yinjira ubutinganyi bamutoteje ahungisha amagara ye aratoroka.
Uko bucya bukira isi iragenda yugarizwa n’imico itandukanye,imwe igatsemba iyo mubihugu bikiri munzira y’amajyambere harimo n’igihugu cy’u Rwanda.Aha niho hashingirwa
Read moreAkarere k’ibiyaga bigali ishyamba si ryeru.U Rwanda n’u Burundi byongeye kurebana iy’ingwe.
Ingoma yarenze ubutegetsi bwa Perezida Kayibanda Gergoire w’u Rwanda ,niya Perezida w’u Burundi Lt Gen Michel Micombero yo kurebana igitsure
Read moreRuhango nyarwanda:Ikipe y’umupira w’amaguru ya Electrogaz yabaye amateka izima nk’uko nayo yagiye.
Kera habayeho ntibizongera kubaho,cyangwa bizongera buri wese ahora yibaza.Umupira w’amaguru niwo turiho ku nkuru y’ikipe yitwaga KILOVOLT.Amateka y’umupira w’amaguru mu
Read moreUmurenge wa Gahanga hataramiwe igitarano Noheli iwacu Umwezi w’ishusho y’ubuyobozi bwiza.
Amateka yejo hazaza abamo ibice byinshi kandi bitandukanye.Uwakoze neza yaba atakiyobora aho yakoreye byabikorwa,ariko ahora yibukwa.Niho hava kumukumbura.Uwakoze nabi iyo
Read moreMukamana Jeanette arasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi kumushakira umwana we waburiye kwa Nyiransengimana Emelienne.
Ubuyobozi bw’u Rwanda buyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame batanga inama zo kudahutaza umwana.Inzego z’ubuyobozi kuva k’urwego rw’Isibo bavugira
Read moreIkipe ya Kiyovu sports zabyaye amahari bakumbuye Mvukiyehe Juvenal benshi bamagana Ndolimana Regis Alias General.
Umupira w’amaguru mu Rwanda wagiye ukinwa muburyo busanzwe,ikipe zikabaho hakurikijwe amategeko azigenga.Hariho ikipe zifashwa na Leta,hakabaho izifashwa na Leta n’abafana
Read moreUmupira w’amaguru: Umurenge wa Kigali utsinze uwa Mageragere ukomeza kwesa umuhigo uhatanira irushanwa Kagame cup.
Imiyoborere myiza ikomeje kuba ingiro mu murenge wa Kigali no mu mupira w’amaguru intsinzi iravuza ubuhuha.Kuva ubwo Leta yashyiragaho irushanwa
Read more