Author: ingenzinyayo
Abafana b’ikipe ya Rayon sports bati”nta komite nyobozi nta mutoza nta ntsinzi yaboneka.
Umufana iyo ikipe yihebeye itsinzwe arababaza,ariko iyo itsinzwe igeze mu nzira zigana ku gikombe cya shampiyona ishavu riba ryose.Turi ku
Read moreUmutoza Eric Nshimiyimana nibadatabara ashobora gushyira ikipe ya Bugesera mucyiciro cya kabili.
Umupira w’amaguru ubamo ingingo eshatu,ariko ba nyir’ikipe, abakinnyi n’umutoza bajya mu kibuga bashaka kubahiriza ingingo imwe igizwe n’insinzi.Mugihe shampiyona y’icyiciro
Read moreGitifu w’Umurenge wa Maraba Uwamariya Jacqueline akomeje gutabarizwa kuko abazwa inshingano zitarize.
Intabaza n’ijambo rikoreshwa n’umuntu cyangwa abantu iyo bari mu kaga gakomeye.Ikinyamakuru ingenzi newspaper na ingenzinyayo com bibanje kwihanganisha imiryango yaburiye
Read moreKamonyi: Uruganda MRPIC rwemeza ko rwihaye intego yo kunganira leta mu kugabanya ikibazo cy’ubushomeri n’ubucyene.
Mu gihe ubushomeri buvuza ubuhuha, no kubona igishoro cyangwa ingwate(ku bashaka inguzanyo za banki) bikaba bigoye, uruganda MUKUNGURI RICE PROMOTION
Read moreInyandiko mpimbano zitiriwe Gacaca zatumye Umuhesha w’inkiko w’umwuga Nyamitali Innocent aregerwa urukiko
Uruhururikane rw’ibibazo by’inzitane nibyo bisatiriye umuhesha w’inkiko w’umwuga Nyamitali Innocent ,aho aregwa gukoresha inyandiko mpimbano zitiriwe inkiko Gacaca.Tariki 2 Gicurasi
Read moreAkarere ka Nyagatare amakimbirane mungo aravuza ubuhuha bigaha icyuho Murangira kugirira nabi umugore we Umubyeyi Francoise.
Uko ibihe bigenda bishira umuco uragenda ucika n’ubwo harabakibeshya ko ugihari.Ibi tubishingira ku makimbirane avuza ubuhuha hagati mubanyarwanda.Buracya ukumva ngo
Read moreAkarere ka Kirehe Muteteri Claudine warokotse jenoside yakorewe abatutsi bari bamwishe Imana ikinga ukuboko.
Mugihe Leta y’u Rwanda ikangurira Abanyarwanda kubana mu mahoro n’ubumwe ,abo mu karere ka Kirehe bo wagirengo ntibibareba.Ibi birashingirwa ku
Read moreBugesera: Abafashamyumvire ba gahunda ya GWIZAMAHORO Programme biyibukije uko batangamo inyigisho z’umuco w’Amahoro
Abarimu 27 baturutse mu bigo by’amashuli 16 bibarizwamo GWIZA AMAHORO CLUB mu karere ka Bugesera, bahuriye mu mahugurway’umunsi umwe kuri
Read moreIkinyobwa Karabukirwa cyamaze abantu bamwe bavuga ko uko kibira mu icupa ari nako kibiri mu mutwe.
Inzoga karabukirwa igiye kumara abaturage, hari nabavuga ko itujuje ubuziranenge kuko irabira cyane kuburyo udashobora kuyifungura bavuga kandi ko uko
Read more













