Author: ingenzinyayo
Umuganda ngaruka kwezi mu murenge wa Kigali icyerekezo cy’imiyoborere ihamye.
U Rwanda rugenda rwerekana ibikobwa by’indashyikirwa hagendewe ku bayobozi begera abaturage.Iyi tariki 25 werurwe 2023 yasize isura irenze mu murenge
Read moreKuki Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu yivuguruza mu mibereho y’abaturage mu byiciro by’ubudehe?
Kuva u Rwanda rubaye Repubulika hagiye hashyirwa uburyo bw’imitegekere.Repubulika ya mbere yari iy’ishyaka rya MDR parmehutu.Aha byagaragayeko habayeho kurandura iby’ingoma
Read moreKimisagara ya Nyarugenge yongeye kuvugwamo intabaza kubera Niyonzima Etienne wuburanye Gacaca abaturage bita impimbano.
Amakuru yongeye gusakara mu murenge wa Kimisagara ya Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ,aho Niyonzima Etienne avugako mugihe cya jenoside
Read moreUrwikekwe mu itangwa ry’amasoko mu karere ka Muhanga rikomeje kuvuza ubuhuha bigaha icyuho akarengane.
Umukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame iteka akangurira abayobozi baba abo mu nzego za Leta cyangwa iz’abikorera ko bagomba gukorera mu
Read moreMupenzi Eto nyirabayazana w’ibibazo byugarije ikipe ya Marines fc biyiganisha mucyiciro cya kabili.
Biravugwa bigacecekwa bikongera kugeza ubwo habonetse inkuru yacu iri mu ikipe ya Marines fc yugarijwe n’ibibazo.Ese iy’ikipe ya Marines fc
Read more











