Author: ingenzinyayo
Abafana b’ikipe ya Rayon sports batangiye gukuraho icyizere Komite ya Fidel Uwayezu n’umutoza we Haringingo Francis.
Urwikekwe ni rwose mu ikipe ya Rayon sports kuko Abafana bayo ntacyizere bafitiye Komite nyobozi ya Fidel Uwayezu.Impamvu n’uko kuva
Read moreInzoga z’inkorano zikomeje gushyira ubuzima bw’abanyarwanda mu kaga Ministeri y’ubuzima n’iy’ubutegetsi bw’igihugu zirebera.
Impande zitandukanye z’u Rwanda iyo uzizengurutse usanga buri munyarwanda yuzuye agahinda gashingiye ku bintu byinshi,ariko ibya mbere agutura nibi bikurukira.Leta
Read moreAbashoferi bahohotewe mu muhanda Remera Giporoso Godiyali bakata basubira Alpha Place baratabaza
Ibihe bikomeje kubamo induru hagati ya bamwe mubatunze ibinyaruziga nababitwara.Ikibazo kibugarije nibimwe mubihano bahabwa na Polisi ishami ryo mu muhanda
Read moreIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa: Icyegeranyo kuva Ferwafa ishinzwe kugeza ubu.
Mu Rwanda rw’ubu har’abemera amateka yo hambere ,hakaba n’abatayemera.Umwe wese n’uburenganzira bwe.Uyu munsi turi ku ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda
Read moreBamwe mu banyamuryango ba FPR Inkontanyi barasaba ko hakorwa iperereza ryimbitse ku iyicwa rya Dr Twagiramungu Fabien wishwe urw’agashinyaguro
Umwaka ugiye gushira Dr Fabien Twagiramungu yishwe na Yves Kamuronsi. Kuva Nyakwigendera Dr Fabien Twagiramungu yakwicwa, hagiye habaho ibintu biteye
Read moreIntara y’Amajyepfo mu karere ka Nyamagabe Nkurikiyimana Pierre Gitifu w’umurenge wa Musebeya arakekwaho kunyereza Gahunda ya Girinka
Ujya guhabwa inshingano zo kuyobora akorera indahiro ku idarapo ry’igihugu.Indahiro ya buri muyobozi yumvikanamo kutazakoresha ububasha mu nyungu ze bwite.Ese
Read moreBamwe mu bafana b’ikipe ya Rayon sports barasaba Komite nyobozi ya Fidel Uwayezu gusezerera umutoza Haringingo Francis inzira zikigenwa.e
Hagati mu ikipe ya Rayon sports hakomeje kuvugwamo ibibazo kugeza n’ubwo bamwe mu bafana batarakira gutsindwa inshuro eshatu bikurikiranya.Ubwo imbaga
Read moreUmujyi wa Kigali :Abacuruzi barashinja abashinzwe umutekano ko aribo baha icyuho abazunguzayi bikababera igihombo.
Uruhurhrikane rw’ibibazo n’ibisubizo nibyo bihurizwa ku kibazo cyabitwa abazunguzayi.Ijambo abazunguzayi rimaze igihe kinini mu mujyi wa Kigali,ariko ikibazo cyabo,cyangwa igisubizo
Read more










