Author: ingenzinyayo
Uwiyise Rev Pasiteri Munyanganzo Patrick afashijwe na Byukusenge Viateur bagurishije inzu imwe abantu batatu ubutabera bube hafi.
Hakomeje kumvikana inkuru zigendanye n'abantu bagenda bakora amakosa bitwaje abanyabubasha bagirana amasano,cyangwa ugasanga rimwe na rimwe bakorana,ariko har'igihe usanga abakora
Read moreUmuryango wa Nyakwigendera Rwigara Assinapol ukomeje gushyirwa mu manza z’urudaca zibagabaho cyamunara zitubahirije amategeko.
Isi tuyibaho ntacyo tuyizanyeho twayigeraho tugashaka ubutunzi tukagenda nta na kimwe tujyanye. Aha niho hibazwa umuntu unyaga undi umutungo we
Read moreHategekimana Martin Alias Majyambere kuki arekurwa akongera agafungwa n’iki kibyihishe inyuma?
U Rwanda rwabayemo amarorerwa y'indengakamere ashamikiye kuri jenoside yakorewe abatutsi 1994. Igihe cyose buri muntu wese yibaza icyabiteye hashingiwe ko
Read moreItorero ry’ADEPR rikomeje kuganishwa habi na Komite ya Rev Ndayizeye Isai ukomeje kwirukana Abapasiteri.
Abazi itorero ry'ADEPR kuva ryasingwa kugeza ubu basanga rimaze guteshwa kirazira.Ivugabutumwa ry'umuhamagaro niryo ryagiye ryubaka itorero ry'ADEPR. Muri ikigihe noneho
Read moreManirareba Herman yatawe muri yombi kubera gushaka kugarura Ubwami bibujijwe n’amategeko.
Hashize iminsi humvikana uwitwa Manirareba Herman avugako ashaka gukuraho Repubulika y'u Rwanda hakagarurwa Ubwami. Inzego z'umutekano zafashe Manirareba Herman igihe
Read moreIshyamba si ryeru mu ikipe y’APR fc kubera kutumvikana hagati y’umutoza Adil na rutahizamu Jacques Tuyisenge.
Umupira w'amaguru ubamo ingeri nyinshi kandi zitandukanye hashingiwe kubaka ikipe itsinda. Ikipe y'APR fc itozwa n'umutoza Adil ho ntabwo byifashe
Read moreUbuzima: Abasirwa ishyirahamwe nyarwanda ry’Abanyamakuru barashimirwa ubukangurambaga bakomeje gukora.
Isi yose bizwiko itangazamakuru ar'umuyoboro uhuza Leta n'abaturage. Ni muri urwo rwego abanyamakuru bishyize hamwe bagakora ishyirahamwe nyarwanda ryo kurengera
Read moreUbutabera: Byukusenge Viateur yiyemeje gukoresha inyandiko mpimbano kugirengo yegukane inzu ya Nsengiyumva Ramec.
Iminsi ihishira ibihe ,ariko umunsi ugahishura.Ni muri urwo rwego twandikiwe n'abantu batandukanye batumenyesha ko Byukusenge Viateur yiyemeje kwambura Nsengiyumva Ramec
Read moreIkimenyane gikomeje kuba urwitwazo mu nzego zimwe na zimwe byagera kuri rubanda rwagiseseka kigasya kitanzitse.
Inkuru yacu iri k'umugabo witwa Munyangznzo Patrick wamenyekanye ashaka guhuguza urusengero mu karere ka Kayonza bikarangira atsinzwe. Ubu noneho indi
Read moreIsoko Ejo Heza Market ryahoze ariry’abazunguzayi byahinduye isura na Rwiyemezamirimo bapfa umusoro.
Inkuru ikomeje gucicikana mu mujyi wa Kigali niy'uko isoko Ejo Heza Market ryakuye abazunguzayi mu muhanda rivugwamo igihombo gikabije. Intandaro
Read moreKWIBUKA TWIYUBAKA
Ubuyobozi bw'ikinyamakuru Ingenzi www ingenzinyayo.com Ingenzi TV twifatanije n'Abanyarwanda bose mur'ibibihe byo Kwibuka jenoside yakorewe abatutsi 1994. Dukomeze Twibuke twiyubaka.
Read more













