Amakuru
Twibuke twiyubaka: Umujyi wa Kigali mu murenge wa Kigali tariki 26 Mata ihora yibukirwaho jenoside yakorewe abatutsi 1994.
U Rwanda nk’igihugu cyabayeho kirangwa n’umuco utaravogerwaga,ariko abakoroni barawigabije bitwaje amadini.Impinduka kuva muri 2006 Umurenge wa Kigali,ubarizwa mu karere ka
Read moreUbuyobozi bw’Umurenge wa Kigali bwakoze operasiyo yo kumena no guca inzoga zinkorano zangiza ubuzima bw’abaturage
Umuyobozi mwiza nuhozaho ijisho umuturage ayobora,naho umuturage mwiza nubera mugenzi we baturanye urugero rwiza.Aha niho havuye amakuru y’uko mu masibo,
Read morePolisi y’igihugu niyo ihanzwe amaso k’ubujura bushikuza amatelefone n’amasakoshi mubice bitandukanye.
Uko bucya bukira Polisi y’igihugu ishyiraho ingamba zo kurinda umutekano wa buri muturarwanda.Inshingano za Polisi y’igihugu n’ukurinda ubusugire bw’igihugu nabene
Read moreUmurenge wa Kigali wo mu mujyi wa Kigali bakomeje kuba hafi y’abarokotse jenoside yakorewe abatutsi babagabira inka.
Insanganyamatsiko iragira iti”Twibuke twiyubaka”Uko bucya bukira ubuyobozi buhora bufasha uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi, kugirengo nawe yiyubake.Umurenge wa Kigali urangajwe imbere
Read moreGakenke: Kampani SEMIRWA ltd ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yakoze uruganda ruto rutanga umuriro ruzabafasha mu kwihutisha imirimo no kongerera agaciro umusaruro.
Mu gihe mu Rwanda ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bugenda butera imbere hifashishijwe ikorana buhanga mu gucukura amabuye y’agaciro Umuyobozi wa SEMIRWA
Read moreUmudugudu w’Intiganda, Akagali ka Tetero mu murenge wa Muhima ho mu mujyi wa Kigali baratabaza kubera isoko rya Marato Mini market ribateza umwanda.
Urujya n’uruza rw’ibibazo byugarije abacuruzi bacururiza mu isoko rya Marato Mini market rya Hakizimana Deo bikomeje gukingirwa ikibaba,mugihe abatuye mu
Read moreUmuryango wa Nyakwigendera Munyabarenzi Boniface uratabaza Perezida Kagame kuko Gahene Gaspard yigabije isambu yabo.
Munyumvishirize ikomeje kuvuza ubuhuha hagati mu banyarwanda byagera kuri nyakamwe we bikarushaho.Inkuru yacu iri mu mudugudu wa Ryakibogo, Akagali ka
Read moreIShuri CEFOTRAR TVET SCHOOL ryatanze impamya bumenyi ku abanyeshuri 268 bize imyuga itandukanye.
Abahawe impamyabumenyi za NESA ku wa gatanu tariki 5 Mata 2024 ni abanyeshuri bagera kuri 268 basoje amasomo yimyuga igezweho
Read moreAkarere ka Rulindo: Bibutse abagore n’abana bishwe muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 ababyeyi basabwa gusobanurira urubyiruko amateka yaranze u Rwanda.
Umuhango wo kwibuka wakozwe har’inzego zitandukanye z’ubuyobozi zikorera mu karere ka Rulindo ziyobowe na Meya Judith Mukanyirigira.Umwe k’uwundi mubitabiriye uyu
Read moreUrubanza ubushinjacyaha buregamo Naramabuye Ramazani gukubita no gukomeretsa Mukasekuru Shakira rwahinduye isura.
Uko iminsi ishira indi igataha Naramabuye Ramazani akubise akanakomeretsa mu ishywa we Mukasekuru Shakira hariho benshi bagenda batangazwa n’uburyo hariho
Read moreGitifu w’Umurenge wa Runda mu karere ka Kamonyi ntarekemura ikibazo cyo mu mudugudu wa Rugazi.
Ibibazo hagati mu baturage iyo bidakemuwe biteza amakimbirane adashira,u bwumvikane buke bukubaka urwangano.Ibi nibyo byiganje henshi mu midugudu imwe nimwe,cyane
Read moreUmuyobozi wa Kampani PRIDEC Ltd nk’umukoresha mwiza aharanirako umukozi we ahorana ubuzima bwiza bumufasha mu iterambere.
Umuyobozi wa kampani PRIDEC ikora umwuga w’ubwubatsi hirya no hino mu gihugu Eng.Emmanuel Nizeyimana yabwiye ingenzinyayo.com ko iterambere ry’umukozi ari
Read moreLeta ikomeje gukorera ubukangurambaga abafite virusi itera Sida ibarinda ihezwa n’akato byabashyiraga mubwigunge.
Uko bucya bukira hagenda hafatwa ingamba zirengera abafite virusi itera Sida.Amateka abamo ibice bitandukanye,ariko ayibandwaho nayerekana ibyiza.Inkuru yacu iribanda k’ubukangurambaga
Read more