Matabaro mu mayirabiri:Kwegura kuneza cyangwa kweguzwa

Imiyoborere ishingiye kuri Demokarasi niyo nkingi ihamye iha umuturage ijambo. Ikimaze kugaragara hari bamwe mu bayobozi batabikozwa bitwaje uwabahaye umwanya cyangwa imiryango baturukamo.  Inkuru yacu iri mu mujyi wa Kigali  aho igaragaza umunyamabanga nshingwabikorwa wawo Bwana Matabaro Jean Marie  ukomeje kuvugwaho amakosa atandukanye.Umujyi wa Kigali wabonye inkunga ya Guverinoma ya Babiligi iciye mu kigo cyayo cyitwa Cooperation Technique Belge yo kubaka za centre de santé 7.murekezi-2

                                            Minisitiri w;intebe natabare umugi wa Kigali

Uwo mushinga waje kurangira hubatswe gusa za centre de santé za Remera, Kanyinya, Gatenga niya Mageragere. Izinyubako zatwaye akayabo ka miliyari 3.5 frw kandi zatashywe muri 2013. Izindi ko zitubatswe zabazwa nde?inteko ishingamategeko umutwe w’Abadepite ko utagaruza ibya rubanda byifashe gute?kaboneka25

                   Minisitiriri Kaboneka niwe utezweho igisubizo ku mikorere mibi ya Matabaro

Uwo mushinga wari uyobowe na Dr Uhagaze Blaise akaba yari akuriwe na  Bwana Matabaro Jean Marie Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umujyiwa Kigali cyane, ko aribo batanze amasoko ndetse bakanosohora amafranga y’uwo mushinga.nKUSI JUVENALE

                                 Depute Nkusi azagaruzwa umutungo wa nyerejwe na Matabaro ryari?

Dore rero bimwe mu bimaze kugaragara kuri Centre de Sante ya Remera aho abaturage bayigana batabaza ko iy’inyubako igiye guhirima kandi abayubatse bigaramiye nabari bashinzwe kuyigenzura. Aba baturage baratabaza Minisitiri mushya w’ubuzima ndetse na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika.

Mubyo abaturage bavuga bibateye impungenge nibi bikurikira:

  1. Kuba incinerateur idakora
  2. Kuba batabona amazi uko bikwiye kubera imyubakire idasobanutse
  3. Inkuta zatangiye gusenyuka
  4. Igisenge gicibwamo n’amazi bivuze ko kidakomeye.

     

     

    Mubushakashatsi bw’inkuru yacu, twibajije ukuntu Bwana Matabaro JM Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umujyiwa Kigali yaba yarakiriye izinyubako atitaye kunenge zavuzwe haruguru cyangwa se kuba kumpamvu za ruswa imuvugwaho yaba yarakingiye ikibaba batsindiye kubaka iyinyubako cyane ko bivugwako yubatswe na Sosiyete ya Alphonse Nizeyimana wari Umuyobozi w’Umujyi ushinzwe iterambere ry’ubukungu ,akaba yaracyuye igihe.Obadiah-Biraro

                         umugenzuzi w'imali ya Leta Biraro yagaragaje igihombo mu mujyi wa Kigali

  5. Mugihe se Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwarangara Ndayisaba Fidele na Dr Dieudonne Sebashongore  baba barakoze iki kugirango basubize ibintu mu murongo? Ibibivugwa n’abaturage kubera ko bose baba barafatanyije mu gusangira akayabo bahawe.ndayisaba3                                         Ndayisaba Fidele wasize umugi wa Kigali mu bibazo                         

  6. Umuvunyi mukuru yazagerayo akareberera rubanda cyangwa Inteko ishinga amategeko. Nubwo ibibivugwa kuri iyi centre de santé ya Remera bisobanurako nizindi zitari shyashya cyane cyane iya Mageragere niya Kanyinya ndetse nta n’abaturage bahivuriza bahagije ukibaza uko zubatswe mu gihe hari imirenge  itazigira. Kuva FPR ifashe ubutegetsi kandi ikaba ari imirenge ituwe cyane.Abaturage baribaza niba Minisante izemera ko abarwayi bagwirwaho n’iyo nyubako dore ko ntagihe isigaje itarahirima?Aha turanibutsa ko mugihe Umugenzuz iw’Imari ya leta muri 2014 yagaragaje ko habaye ibura ry’inyandiko z’ikoreshwa ry’amafaranga yuyu mushinga agera kuri miliyari 1.5 Frw yaburiwe irengero.alphonse20

  7.  

    Nizeyimana Alphonse niwe wubatse centre de sante ya Remera ikaba igiye guhirima

    Abazi amateka y’uyu Matabaro bavugako mugihe yari muri Bancor, Bacar na Banque de l’habitat yiriraga udufaranga twabamuganaga nta nabakemurire ibibazo . Abandi twaganiriye bo badutangarije  buri credit yabaga yacishirijemo abakiriya  bari bazi ko uje ntacyo  yiherekeje atayimuhaga .Iyiindwara yaje kumurembana aho yatangiye gukoranana Bwana Gervais Ntaganda wahawe kuyobora Banki y’abaturage cyane igihe bishoraga muri expropriation ya Gikondo, Murama ho mu murenge wa Kinyinya ndetse no muri Ndera ya Masoro. Aho hose bajugunye icyari umutungo wa Banki y’Imiturire ubuhabaye amatongo.Icyogihe rero Matabaro yari Umugenzuzi w’Imari bikaba nyuma y’uko iyo banki ihirima baje kumugororera kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa mu Mujyi wa Kigali .Dore ko Matabaro adatinya kubikangisha abakozi yaje asanga mu kazi ndetse na Musoni James wari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mugihe Matabaro yinjiraga mu mujyi wa Kigali muri 2011 aho yavugaga ko yoherejwe kuvugurura ibitaragendaga neza.Abasesengura basanga Matabaro yarazambije umujyi wa Kigali.inzuuuu                                             Ibiro ry'umugi wa Kigali babiriyeho akayabo

  8. Aho rero Ndayisaba yagororewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, bityo akazu  kaba karubatswe kagizwe Matabaro Jean Marie, NdayisabaFidele na Alphonse Nizeyimana kaje  gukara cyane ko ntacyo bikangaga.  Aka kazu kaba bagabo kagaragaye mu makosa yo kubaka inzu y’ibiro by’umujyi wa Kigali  ,aho

  9. , yubatswe kukayabo ka miliyari 21 frw kandi hari hateganyijwe miliyari 8 frw bakaba barabeshye  inteko ishingamategeko igihe bayitabaga ko yubatswe na miliyari 9.5.Bwana Biraro umugenzuzi mukuru w’imari ya leta yagaragarije Abajyanama bari bacyuye igihe ko inyubako yabayemo uburiganya bwinshi kuburyo yerekanye amasezerano mashya 13 atari ateganyijwe ndetse nidindira ryayo. Mu myubakire kandi na zimwe mu nkuta zayo ntizikomeye.Abayobozi-bUmujyi-bari-imbere-ya-PACIbumoso Ndayisaba Fideli hagati Matabaro iburyo Sebashongore ngabo abateje igihombo n'imanza umujyi wa Kigali bakaza kubura ibisobanuro imbere ya PAC

  10. Ibi byiyongera kubyagaragaye mugufunga ikimoteri cya Nyanza ndetse na Expropriation y’ikimoteri gishya cya Nduba.Ibyi ki kimoteri bizwi cyane na Pac kuko Matabaro yabuze we na Ndayisaba Fidele ibisobanuro batangaga byabaga bihabanye nibyo babazwa . Aha Ndayisaba yivugiye k obo bumva nta kosa bafite..Haravugwa n’amasoko atandukanye atangwa hatitawe ku gaciro nyako kari ku isoko cyane nka lap top zihabwa abajyanama n’abakozi aho usanga imwei gurwa kuri hafi 1.000.000 frw kandi muri quartier Matheus ari 350.000 frw.Mugihe twandika iyi nkuru turanabamenyesha ko nibibanza by’amazu y’ababiligi yo mu Rugunga yagurishijwe shishiitabona aliko icyo akayabo kamiliyari 6,5icyo zakoze kikabura.Uyu Matabaro azwiho kwirukanisha abakozi ndetse no gushora leta mu manza za busa ndetse no kunaniza abashoramari. Aha batanga urugero rw’ibibanza bibiri byahawe  Equity Bank Holding Group kukayabo ka miliyariali ko nanubu imyaka ibaye ine batarahabwa uburenganzira bwo kubaka.kakaka

  11.  

                                                     Matabaro kweguzwa mu mujyi wa Kigali                                      

    Ex ORINFOR, yo umujyi waratsinzwe kuka yabo ka Miliyari kubera kunaniza Umushoramari ndetse Siviri Furugence ‘ nawe yatsindiye kuri Miliyari 2.4 zose kubera ko Umujyi n Akarere byaburijemo umushinga we yarafitiye ikibanza cye kibarizwa ku Gitikinyoni.  Nuko bose babangira kubaha akantu bikabaviramo kubadindiza nkana. Aho bukera Umujyi urakomeza wibere mu matongo.Nibyiza ko leta yarebye mu ntara ikeguza ba Gitifu nineguze Matabaro mu  bunyamabanga Nshingwabikorwa bw’umujyi  wa Kigali. Nsengumuremyi Ephrem

     

     

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *