Demokarasi iraharanirwa .Kandida Perezida Me Ntaganda Bernard ati”nziyamamariza kuyobora u Rwanda 2024.

Kuva u Rwanda rubaye Repubulika,nibwo hatangiye cyangwa hatangijwe ubutegetsi bwo kwiyamamaza.Ubu rero biravugwako mu Rwanda hateganyijwe amatora mur’uy’umwaka.Me Ntaganda Bernard yashyize ahagaragara ko aziyamamaza.

Me Ntaganda Bernard Kandida Perezida

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *