Author: ingenzinyayo
Akarengane ka Murekezi Jean Baptiste yakorewe na Ltd Dr Col Karemera Joseph na bagenzi kakomanze k’urwego rw’Umuvunyi.
Ibihe bihishira iminsi ,ariko igihe kigahishura umunsi.Amakuru ava ahizewe akagera ku kinyamakuru ingenzi newspaper, ingenzinyayo.com, ingenzi rw na ingenzi tv
Read moreUmujyi wa Kigali: Mu murenge wa Kigali imiryango itishoboye yaganujwe igurirwa mituweli de sante.
Nk’ibisanzwe mu muco w’Abanyarwanda buri wa 5 wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, abanyarwanda bizihiza ibyo bagezeho mu buhinzi, ubworozi ndetse
Read moreBamwe mu bakozi ba YYUSSA baratabariza Umugwaneza Abubakar batazi irengero rye .
Iki nicyo kimenyetso gituma bariya bakozi ba YYUSSA baratabariza Umugwaneza Abubakar kuko uko umushoferi yakozemo amakosa biri muri iyi nyandiko.ikinyamakuru
Read moreSobanukirwa umunsi w’Umuganura u Rwanda n’Abanyarwanda baha agaciro gakomeye.
Mu gihe Abanyarwanda bizihiza ibirori by’ Umuganura ku rwego rw’Igihugu, Ingenzinyayo.com irabagezaho amateka y’Umuganura mu Rwanda nk’uko twifashishije ibiganiro bitandukanye
Read moreUmujyi wa Kigali bimwe mubikorwa remezo aho kubera abaturage igisubizo byateje ikibazo ivumbi ribatera inkorora.
Umwaka iyo urangiye ubusize haribyakozwe bishimwa.Iyo umwaka utangiye Leta ikora igenamigambi mungeri zitandukanye.Uburero haribazwa impamvu Umujyi wa Kigali ukomeje gutererana
Read moreAbahanura barasaba kwiyeza no kwihuza na Yezu Kristu kugeza kwa Muhamad intumwa y’Imana.
Ibyahanuwe bitangiye gusohora insengero z’amadini n’imisigiti mvamahanga byatangiye ikinyamakuru ingenzi newspaper, ingenzinyayo com, ingenzi.rw na ingenzi tv byakoze ubushakashatsi bshingige
Read moreUmujyi wa Kigali: Abaturage bo mu Murenge wa Kigali batari bafite amazi meza bishimiye umuyoboro wa kirometero bagiye kubakirwa.
Mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge kimwe n’ahandi hose mu gihugu kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Nyakanga
Read moreUbwiru bukomeje kugariza umupira w’amaguru mu Rwanda bigaha icyuho Kalisa Adolphe Cammarade cyo kuniga ikipe ya Rayon sports.
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bigezaho bifuzako ishyirahamwe riwukuriye ku isi ariryo FIFA ryagenzura ibiwukorerwamo muri Kigali.Byagiye bivugwa bigacecekwa ariko
Read more