Author: ingenzinyayo
Demokarasi iraharanirwa .Kandida Perezida Me Ntaganda Bernard ati”nziyamamariza kuyobora u Rwanda 2024.
Kuva u Rwanda rubaye Repubulika,nibwo hatangiye cyangwa hatangijwe ubutegetsi bwo kwiyamamaza.Ubu rero biravugwako mu Rwanda hateganyijwe amatora mur’uy’umwaka.Me Ntaganda Bernard
Read moreAkarengane: Mukakamanzi Therese Uwamariya aratabaza Perezida wa Repubulika Paul Kagame kumurenganura ku mutungo we watwawe ku nyandiko mpimbano
Uwo mutungo uri mu karere ka Nyarugenge umurenge wa Kanyinya akagari ka Taba umudugudu wa Nyarusange. umuryango wa Nsengimana Prosper
Read morePerezida w’ikipe y’APR fc Col Karasira Richard yashoje urugamba ku bafana b’ikipe ya Rayon sports nabo biteguye.
Urujya n’uruza rw’amagambo akomeje gucicikana mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga hagati ya Perezida w’ikipe y’APR fc Col Karasira Richard
Read moreUbushoreke mu muryango nyarwanda bukomeje kuba ikiraro cy’ubutane abana n’abagore bakabura epfo na ruguru.
Umuryango nyarwanda ubarirwa mubice bitandukanye ariko icy’ingenzi n’umugabo n’umugore n’abana babyara.Uko iterambere rigenda risakara mu Rwanda ninako ubushoreke bukomeza kwiyongera.Inshoreke
Read moreGakenke: Ruli Mining bizihije umunsi mukuru wa mutagatifu Barubara waragijwe Abacukuzi b’amabuye y’agaciro bishimira ibyagezweho.
Ruli mining kampani yizihije umunsi wa Mutagatifu Barubara waragijwe Abacukuzi b’amabuye y’agaciro, usanzwe wizihizwa tariki 4 zukwa 12, uyu mwaka
Read moreUmujyi wa Kigali mu murenge wa Kigali imiyoborere myiza ishingiro ry’ubutwali bwo kubohoza u Rwanda ibikorwa remezo bikegerezwa abaturage.
U Rwanda ubwo rwavugwagamwo ko rubonye ubwingenge ,bamwe mubanyarwanda bimwe uburenganzira mu gihugu cyabo ,utarafunzwe,utarishwe yarameneshejwe yoherezwa ishyanga.Itariki 1ukwakira 1990
Read moreMuri 2030 indwara ziterwa n’umwanda zigomba kuba zarandutse burundu
Ni ibyagarutsweho ku munsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara zititaweho uko bikwiriye wizihijwe ku 30 Mutarama 2024 kunshuru ya 3
Read moreURUJIJO RURACYARI RWOSE K’URUBANZA RUREGWAMO KAMURONSI YVES KWICA DR FABIEN TWAGIRAMUNGU
Imyaka ibaye ibiri umuryango wa Nyakwigendera Dr Fabien Twagiramungu ugitegereje ubutabera k’urupfu rwe. Nyuma y’uko urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rufashe
Read more












