Author: ingenzinyayo
Leta y’ubumwe bw’abanyarwanda yashyizeho Gacaca kugirengo icyemure ikibazo cya jenoside yakorewe abatutsi: Nzabakirana Eduard imitungo yasahuye yongeye kumuganisha mu butabera.
Nzabakirana Eduard ngo we yigererayo ntawuzagira icyo amutwara.Ibise byazabaho igihe cyose? Igihe kimwe gihishura byinshi.Aha niho hongeye kuvugwako icyaha cya
Read moreUmutoza Rwasamanzi Yves akomeje kuganisha ikipe ya Marines fc mu marembo y’icyiciro cya kabili.
Umupira w’amaguru ugira ibyiciro bitandukanye ,ariko icya mbere nicyo gutsinda.Igice kindi nukunganya.Icya nyuma aricyo kibi nugutsindwa.Inkuru yacu iri ku ikipe
Read moreNta mutoni w’ingoma ubaho igihe cyose,nta mwanzi w’ingoma ubaho igihe cyose: Bamporiki Eduard asanze Karasira Aimable muri Gereza ya Mageragere.
Karasira Aimable ati “Bamporiki Eduard wacukuye imisarani ntiwananirwa gucukurira imva abazima! urugendo rw’ubuzima mu isi rubamo byinshi,gusa iherezo rirangira mwene
Read moreKuranga carte jaune y’ imodika Jeep ifite plate number RAD858K.
Hararangishwa carte jaune yatoraguwe mu muhanda Nyamirambo stade Regional . Iyi carte jaune ni iy’ imodika Jeep ifite plate number
Read moreAbafana b’ikipe ya Rayon sports batangiye gukuraho icyizere Komite ya Fidel Uwayezu n’umutoza we Haringingo Francis.
Urwikekwe ni rwose mu ikipe ya Rayon sports kuko Abafana bayo ntacyizere bafitiye Komite nyobozi ya Fidel Uwayezu.Impamvu n’uko kuva
Read moreInzoga z’inkorano zikomeje gushyira ubuzima bw’abanyarwanda mu kaga Ministeri y’ubuzima n’iy’ubutegetsi bw’igihugu zirebera.
Impande zitandukanye z’u Rwanda iyo uzizengurutse usanga buri munyarwanda yuzuye agahinda gashingiye ku bintu byinshi,ariko ibya mbere agutura nibi bikurukira.Leta
Read more









