De Gaule akomeje kugira Ferwafa akalima ke.

Ninde ukingira ikbaba De Gaule?ninde watumye De Gaule yica umupira w’amaguru?ninde uzakura De Gaule muri Ferwafa?ninde utakura De Gaule muri Ferwafa?ninde utuma ubutabera budakurikirana De Gaule?ni iki gituma De Gaule azambya umupira w’amaguru?De Gaule apfa iki ni ikipe ya Rayon sport?ge de

De Gaule arasabwa kwegura muri FERWAFA[photo archieves]

Ntagahora gahanze kuko isi ntisakaye ,kandi burya ibikorwa byose ukora bihoraho. De Gaule yanze guha Rayon sport igikombe birangira ikegukanye.

Umukino uwo ariwowose ugira kwihangana kuko ubanza nabayihimbye barashakaga icyajya gituma abagiranye amakimbirane arangizwa no gusabana binyuze mu mikino.Mu Rwanda ho rero siko bimeze kuko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru riyobowe na De Gaule rygarijwe n’igicu kibi cyanze gutamuruka kuko cyahumye ruhago nyarwanda.Ibi twandika nibyigaragaza hagati ya De Gaule n’ikipe ya Rayon sport . Uwavuga ko ishyamba atari ryeru ntiyaba abeshye kuko urwangano rwagaragaye tariki 08/ Nyakanga 2017 umunsi ikipe ya Rayon sport yari guhabwaho igikombe cya shampiyona yatsindiye Ferwafa nako De Gaule akanga kwitabira umuhango. Ikinyoma cya Ferwafa mu muhango wa Rayon sport:Uwaruhagarariye Ferwafa mu muhango wa Rayon sport yavuzeko ngo byatewe ni uko umuyobozi atarahari ikindi na bamwe mu bakozi batari mu kazi.ikiganiro n’iangazamakuru cyayobowe na visi perezida wa Ferwafa Kairanga Vedase.Raon spor asabaga ko ashikirizwa igikombe ahue na APR FC ,ariko nibakunda.Ikindi Rayon sport yaje kwandikira De Gaule imusaba ko y

chieves]azayiha igikombe yakinnye na Kiyovu k’umukino wa numa usoza shampiona nabwo yarabyanze.Amakuru yaje kuzunguruka yemezako ngo De Gaule ashakaga ko Rayon sport yazagihabwa nyuma yuko yaba yongeye gutorerwa kuyobora Ferwafa kuko nayo yinjiye muri nzahura mu mupira.Aha rero Rayon sport nayo yaje gusabwa na Ferwafa guhabwa igikombe ikina na Kiyovu nayo iranga.Kayiranga yabajijwe impamvu Rayon sport yanze kwakira igikombe ikina na Kiyovu asobanura ko byatewe n’amarushanwa atandukanye harimo nk’iry’igikombe cy,amahoro.Ibi byose bizarangizwa n’umuntu umwe ukunda umupira w’amaguru. Ikibyihishe inyuma ni ukuniga ruhago nyarwanda.

Kimenyi Claude

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *