Author: ingenzinyayo
YEGO Innovision Limited yashyize hanze uburyo bushya bwa ‘YEGOCABS’ bugiye gukuraho guhendana hagati y’abagenzi n’abatwara ‘taxi voiture’
Ikigo Yego Innovision Limited gikunze kuzana udushya mw’ikoranabuhanga mu gutwara abantu cyatangije uburyo bushya ‘Yegocabs’ bugiye gufasha abagenzi batega ‘taxi
Read moreAkarere ka Karongi kiyemeje guhindura byinshi kumihigo y’umwaka utaha.
Igihugu cy’u Rwanda gikomeje gukataza mw’iterambere muri byinshi, ibi bikorwa uturere natwo tubigiramo uruhare kuko dufite inshingano zo kugaragariza abaturage ndetse n'abandi
Read moreNyobozi ya ADEPR ishobora kwitaba RMC urwego rw’abanyamakuru bigenzura kubera amakosa ya Karangwa John wirukanye abanyamakuru mu buryo bwishe itegeko
ADEPR yongeye kwibasirwa na bomboli bomboli itezwa na Karangwa JohnAmakuru akomeje kuzunguruka mu itorero rya ADEPR arerekana ko ishyamba atari
Read moreUmujyi wa Kigali bakomeje kurebana igitsure cya politiki: Meya Rwakazina Chantal azitaba urukiko kubera gutesha agaciro ibyemezo by’inkiko batsindwa ntibishyure.
Ntuzi uko nahawe,ntuzi uko naje nigererayo,bankuye hanze bankeneye,ndi umukada mwana cyama n’ibindi nk’ibyo byose nibyo bizahaje imiyoborere y’Umujyi wa Kigali.
Read moreIkipe Amagaju fc niyo ifite imyaka myinshi,ariko ntacyerekezo igira?izira iki?izazahurwa nande?
Kuva u Rwanda rubaye Repubulika ikipe Amagaju yarazimye isigara ikina nk’iya Komine Nyamagabe. Ubuseho Amagaju ariho ate?arerekeza aheza cyangwa ahabi?uyashinzwe
Read moreADEPR Imana ibe hafi nk’uko Musa yahabereye ubwoko bwayo akabwambutsa inyanja.
Ubundi mu itorero rikuze nkiri,ryakagombye kuba rifite ubuyobozi buhamye,rifite abajyanama bahagije , nk’uko bahanura abakiri bato nyamara ibigaragara muri iryo
Read moreImyumvire y’ihame ry’uburinganire ku bagabo ndetse n’abana babasore iracyarimo icyuho hakenewe ubukangurambaga
Ihame ry’uburinganire ni kenshi rikunze guteza ikibazo mu miryango aho umubare w’abagabo utari muto baba batari gusobanukirwa neza icyo uburinganire
Read moreECORBAT Ltd ishobora kuzakama ikimasa
Ukuri kujya gutsinda ikinyoma ,bamwe bakibaza uko byagenze. Amasezerano yabaye hagati ya ECORBAT na koperative COTOPROCO none yajemo kidobya kubera
Read moreMunyakazi aratabaza Musenyeri Thadee Ntihinyurwa kubera isambu ye yambuwe na Padri muri Paruwase ya Muyumbu mu karere ka Rwamagana
Kuki Kiliziya Gaturika bayigira urwitwazo rwo kurenganya Munyakazi bamwambura isambu ye?ubukirisitu bwitwaza bibiliya gusa butejejwe k’umutima ntaho buganisha abanyarwanda. Agatsiko
Read moreIntara y’Amajyaruguru amasambu yateje intambara y’ubutita:Itorero rya EAR Diyoseze ya Byumba ryavogerewe na Motel Umutuzo ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi burebera.
Ubuyobozi bwa EAR Diyoseze ya Byumba kuki bukomeje guhohoterwa biraterwa n’iki?inzego bireba nta na rumwe rwigeze rwemera gutanga amakuru,uruhande rwa
Read moreUmujyi wa Kigali utsindwa imanza ntiwubahirize ibyemezo by’inkiko.
Biravugwa ko ngo umujyi wa Kigali waba ariwo wirukana abakozi benshi kurenza izindi nzego za Leta nko guhera ku banyamabanga
Read more













