Author: ingenzinyayo
Urubyiruko rurasabwa gukomeza kugira ubumwe
Urubyiruko rw’i Shyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, DGPR, rwasabwe gukomeza kugira ubumwe kugira ngo bazitware neza mu matora y’Abadepite
Read moreMur’ibibihe by’imvura benshi mubanyarwanda barasabwa guhagurukira kurwanya indwara ya Maraliya
Ministeri y’ubuzima ibinyujije muri RBC iteka bakangurira buri wese ko agomba kurwanya indwara ya Maraliya.Imyaka igiye gushira ari myinshi hafashwe
Read moreItorero ry’ADEPR bikomeje kudogera Rev Nsanzurwimo yongeye guhabwamo icyubahiro na Rev Ndayizeye Isaie ukomeje kwirukanamo Abapasiteri inzego zireberera.
Ibijya gushya birashyuha,ibijya gucika bica amarenga.Ubu noneho ibanga rya Ndayizeye Isaie wagabiwe itorero ry’ADEPR ryagiye hanze umunsi atumiza Abasaza bari
Read moreUmuryango inshuti ba Nyakwigendera Nyiringabo hamudun bati”tuzahora tukwibuka ntwali utabarutse gitore
Mu isi tuza ntacyo dufite nibyo dushatse tukabiyisigaho.Ubu turi kuri Nyakwigendera Nyiringabo hamudun wavukiye mu karere ka Rwamagana.Amateka ya Nyakwigendera
Read moreRuhago nyarwanda:Isenyuka ry’ikipe ya Flash fc ikimenyesto gikomeye cyatumye abanyagitarama badakunda As Muhanga .
Ibihe bitandukanye bibamo imikino inyuranye.Umukino ukunzwe nabenshi mu Rwanda n’mupira w’amaguru.Inkuru yacu iri mu marangara igihe cy’Ingoma ya Cyami, muri
Read moreRuhago nyarwanda:Abanyaburiza barasabako Leta yabafasha ikipe Mugambazi fc yo mubihe byo hambere ikongera ikagaruka.
Izimira rya Mugambazi fc ikimenyesto cy’uko urubyiruko ruhavuka rupfana impano zo gukina umupira w’amaguru.Ferwafa mugihe yo n’amakipe birirwa bashora amafaranga
Read moreAbakiristu b’itorero ry’ADEPR bakomeje gutabaza kuko Rev Ndayizeye Isaie arigejeje mu manga ikomeye.
Ibibazo by’urudaca bikomeje kuba byinshi mu itorero ry’ADEPR,ariko bikaburirwa igisubizo,kandi bitakabaye kuko inzego zitandukanye zakabaye zibikemura.Aha niho hibazwa impamvu Ndayizeye
Read moreIkipe ya Kiyovu sports impinduka zirakomanga:Mvukiyehe Juvenal ategerejwe n’inzira ebyeri z’umusaraba.
Umupira w’amaguru mu Rwanda wavuzwemo byinshi biwudindiza kugeza ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame abifatiye umwanya wo kwamagana
Read more













