Author: ingenzinyayo
Perezida w’ikipe ya Rayon sports Uwayezu Fidel yakingiye ikibaba umuyovu Namenye Patrick mu bibazo biyugarije.
Umupira w’amaguru ushobora kuba akazi,ariko hariho n’igihe habamo impamvu zitandukanye cyangwa imyanya ishingwa umukozi.Iyo hatorwa abayobora ikipe hashingirwa k’umukunzi wayo.Kuva
Read moreGahigi Albert na Mutabaruka Paulin baratabaza kubera kuregwa ibyaha bari baraburanye bagirwa abere ntihasubirishwamo ingingo nshya ikuraho inkiko Gacaca
Uruvugiro rushingira ku ngingo nyinshi,ariko hakabamo no gutabaza,cyane iyo harimo akarengane.Mu gihe imiryango mpuzamahanga irengera ikiremwamuntu ivugako Gereza zo mu
Read moreUmurenge wa Kigali: Umuganda usoza ukwezi k’ugushyingo hatewe ibiti 7500 k’ubufatanye na GAMICO Irondo ry’umwuga rihabwa ibikoresho
Mu umurenge wa kigali hakozwe umuganda wo gusoza ukwezi ukaba wibanze mu gutera ibiti bisaga ibihumbi 7500 byatewe kumigeze itandukanye,mu
Read moreUmuryango J.O.C/F wizihije isabukuru y’imyaka 65 umaze ugeze mu Rwanda wishimira ibyagezweho unasabira uwagize igitekerezo cyo kuwushinga.
Imbaga ya bakristu bibumbiye mu muryango J.O.C/F ( Jeunesse Ouvrière Chrétienne/Femme) mu Rwanda ku wa Gatanu tariki 24 Ugushyingo 2023
Read moreAkarengane karavuza ubuhuha:Dusabeyezu Jean de Dieu ufungiwe i Mushubati aratabarizwa kuko ubuzima bwe buri mukaga.
Mugihe hagenda hakorwa icyegeranyo cy’uko mu Rwanda hagomba kugabanywa ubucucike muri za Gereza kubera ubwinshi bw’imfungwa n’abagororwa.Ubu hari ubundi buryo
Read moreAkarengane: Mukakamanzi Therese Uwamariya arasaba urwego rw’Umuvunyi ko rwamurenganura ku mutungo we wagendeye ku nyandiko mpimbano
Uwo mutungo uri mu karere ka Nyarugenge umurenge wa Kanyinya akagari ka Taba umudugudu wa Nyarusange. umuryango wa Nsengimana Prosper
Read moreIkipe ya Kiyovu sports byongeye kudogera Mvukiyehe Juvenal agiye kurega Ndolimana Regis ukomeje kumwibasira muruhame.
Ibijya gucika bica amarenga ,umuryango wa Kiyovu sports wibasiwe na bomboli bomboli itejwemwo na Komite ya Ndolimana Regis Alias General
Read moreIbiribwa n’ibinyobwa biteguranywe isuku nkeya bikomeje guteza indwara zitandukanye
Kurya ibiryo byanduye bitera indwara.Abagera kuri miliyoni 600 ku isi barwara indwara zo kurya ibiryo byanduye.Abana 30% bari munsi y’imyaka
Read moreIminsi mibi ntawuyicuraho undi:CG Ltd Gasana Emmanuel arakekwaho ibyaha bitandukanye.
Inzira ntibwira umugenzi iherezo ryayo kuko Rurema niwe ubigena.Abakera bati”iminsi mibi ntawuyicuraho undi kuko uwayigaburiyeho mugenzi we nawe ayigaburirwaho n’abandi”Gasana
Read moreItorero ry’ADEPR bikomeje kudogera :Umukirisitu yahanuriye Pasteri Ndayizeye Isaie ko ar’igicibwa muri Pentekote.
Ubuhanuzi kuri Ndayizeye Isaie buramwerekako Imana igiye kumwambura itorero ry’ADEPR nk’iry’isezerano kuko nta muhamagaro wa Gishumba afite.Abenshi bemezako kuva ADEPR
Read more













