Author: ingenzinyayo
Umunsi wambere w’itangira ry’amashuri ni ukwiga nk’uko bisanzwe si ukujya kugura amakayi – DoS wa G.S Camp Kigali.
Umuyobozi ushinzwe amasomo muri GS Camp Kigali ( DoS) avuga ko umunsi wambere w’itangira ry’amashuri ari umunsi nk’iyindi amasomo agomba
Read moreNdahimana Floduard aratabaza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame kuko Murangira Jean Bosco yamwiciye umwana akimwa ubutabera.
Intabaza n’ijambo rikoreshwa n’umuntu cyangwa abantu iyo bahohotewe ntibarenganurwe.Nimuri urwo rwego umusaza Ndahimana Floduard yiyemeje gutaka,atakambira Perezida wa Repubulika y’u
Read moreBamwe mubana bakize ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe bakomeje kuvuga imyato umuryango Uyisenga n’Imanzi wababereye igisubizo.
Bamwe mu abana bahuraga n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe biturutse ku bibabazo bitandukanye,byabateraga kwigunga guhora batishimye ndeste no guhura n’ihungabana
Read moreKibirizi ya Nyamagabe abarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994 barasaba ko Semana Eduard yasubizwa mubutabera.
Ubwo FPR Inkotanyi yatangizaga urugamba rwo kubohoza igihugu benshi mubari mubutegetsi batangiye kuzamura intekerezo zo muri 1962.Inkuru yacu iri kubarokotse
Read moreAkarere ka Kayonza:Abatuye Umurenge wa Mwiri bamaganye ikinyoma cya Batibuka Laurent wabeshyeye Polisi y’igihugu gutwara umuceli w’umuturage.
Urwego rwa Leta ruba rugomba kubahwa cyane ko ruba rufite inshingano n’ububasha bigenwa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda.Mu karere
Read moreAkarere ka Nyarugenge:Umurenge wa Kigali hasojwe amahugurwa yabakora Irondo ry’umwuga umufatanyabikorwa GAMICO Ltd ahabwa igihembo cy’ishimwe.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 30 ukuboza 2023 Mu Murenge wa Kigali hasojwe amahugurwa yabakora irondo ry’umwuga yari amaze iminsi
Read moreInyota y’irari yatumye Uwimana Ibrahim yinjira ubutinganyi bamutoteje ahungisha amagara ye aratoroka.
Uko bucya bukira isi iragenda yugarizwa n’imico itandukanye,imwe igatsemba iyo mubihugu bikiri munzira y’amajyambere harimo n’igihugu cy’u Rwanda.Aha niho hashingirwa
Read moreAkarere k’ibiyaga bigali ishyamba si ryeru.U Rwanda n’u Burundi byongeye kurebana iy’ingwe.
Ingoma yarenze ubutegetsi bwa Perezida Kayibanda Gergoire w’u Rwanda ,niya Perezida w’u Burundi Lt Gen Michel Micombero yo kurebana igitsure
Read moreRuhango nyarwanda:Ikipe y’umupira w’amaguru ya Electrogaz yabaye amateka izima nk’uko nayo yagiye.
Kera habayeho ntibizongera kubaho,cyangwa bizongera buri wese ahora yibaza.Umupira w’amaguru niwo turiho ku nkuru y’ikipe yitwaga KILOVOLT.Amateka y’umupira w’amaguru mu
Read more













