Author: ingenzinyayo
Rulindo : Abagore bo mu murenge wa Mbogo bamenye ishema ryo kuba ba mutima w’urugo
Abagore bo mu karere ka Rulindo mu umurenge wa Mbogo bamenye ishema ryo kuba bamutima w’urugo bavuga ko bamenye kubyaza
Read moreRuhago nyarwanda: Ferwafa ikomeje guha icyuho abasifuzi kibasira ikipe ya Rayon sports .
Umupira w’amaguru mu Rwanda wavuzwemwo amakosa menshi,kandi y’umurengera kugeza naho Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame abivuzeho,akongeraho ko azabyikurikiranira.
Read moreRuhago nyarwanda:Amagaju fc yatahanye Intsinzi mu Bufundu naho i Gasogi hataha intimba
Ubwo hakinwaga umunsi wa kalindwi wa shampiyona ,ikipe ya Gasogi United yo mu karere ka Gasabo yari yakiriye Amagaju fc
Read moreUmunyamakuru Manirakiza wafunzwe akekwaho ruswa agiye kuba ikiraro cya zimwe mu manza zagizwe ibanga.
Urwitwazo rw’urwikekwe nirwo rukomeje kubaka urwangano hagati mu banyarwanda.Ruswa yo n’icyaha uko yaba yakozwemwo lose,ariko ubugambanyi bwo bumaze kurenga urugero.Niyo
Read morePrince Kid Ishimwe Dieudonne yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu y’igifungo:Akaziritse k’umuhoro !
Urujya n’uruza rw’ibibazo bihora birekereje kuri mwene muntu.Iyo batizanye urabikururira.Uko byagenda kose bizwiko mu Rwanda habaho munyumvishirize bikarangizwa n’uko nyakamwe
Read moreN’iki u Rwanda ruzungukira mu imurikagurisha nyafurika ry’ingufu (Africa Energy Expo) rizahuza ibihugu bisaga 25
Muri Gashyantare 2024 u Rwanda ruzakira imurikagurisha Nyafurika ry’ingufu (Africa Energy Expo), rizahuriza hamwe abagera ku bihumbi bitandatu, baturutse mu
Read moreRwanda:Ububanyi n’amahanga bwongeye kubamo igisasu kuko HRW yashinje guhonyora uburenganzira bwa muntu.
Kuva ishyaka FPR rifashe ubutegetsi muri Nyakanga 1994 ntiryigeza ricana uwaka n’umuryango mpuzamahanga H.R.W kuberako washinjaga ko ibuza abanyarwanda uburenganzira.
Read more













