Ibiribwa n’ibinyobwa biteguranywe isuku nkeya bikomeje guteza indwara zitandukanye

Kurya ibiryo byanduye bitera indwara.Abagera kuri miliyoni 600 ku isi barwara indwara zo kurya ibiryo byanduye.Abana 30% bari munsi y’imyaka itanu barwara indwara zo kurya ibiryo bibi.Urugero usanga barwaye inzoka.Abanywa ibinyobwa byanduye bibatera indwara ya kanseli.Ikiribwa cy’ifi nacyo kivugwaho ko nacyo iyo irengeje amasaha umunani iva iyo yatunganyirijwe ,kongeraho indi minsi muri Firigo iyo uyiriye ishobora kugutera indwara ishingiyeko yanduye. Abahanga mu by’ubuzima bemeza ko abariye ibiryo byanduye bitera indwara cyane nk’abanyeshuri bo mu mashuri barirayo.Iyo wariye ibiryo byanduye bigutera indwara ya Tifoyide.Akarere ka Bugesera barwaye indwara kuko banyweye ubushera.Abahanga basanze icyatumye ubushera bwarateye indwara kuko bwangeshejwe amazi yanduye.Ikinyobwa cya Jus cyateje uburwayi abagera kuri 92%.umwaka washize.Amazi anyobwa adasukuye nayo abayabywa batayatetse abatera indwara.Kuvoma amazi ukayanywa utayatetse agira ingaruka k’ubuzima bwuwayangweye.

Izi ndwara zikunda kugaragara nko mu kwezi kwa Gicurasi kugeza muri Nzeli,kuko benshi bakoresha amazi mabi nk’iyo benga ibinyobwa,cyangwa gutekesha ibiribwa amazi adasukuye.Kuba henshi mu turere usanga ubwiherero bwegerana naho batekera ibiryo.Icyakozwe:Kugenzura amahoteli ,amaresitora kugirengo hongerwe isuku yo mubikoni.

Gutegura ibiryo muburyo butari bwiza bikaza gutinda kugezwa kuko babigeneye nabyo bitera ingaruka k’ubuzima bwababirya.Umuntu wese arakabgurirwa kugira isuku mugihe ategura guteka ibiryo.

Dr Karamage Pax Axell(photo ingenzi)

Ibigomba kugenderwaho kugirengo hirindwe indwara ziterwa n’indwara ziterwa n’ibiryo byanduye.Sukura:Uributeke ibiryo cyangwa agatunganya ibinyobwa agomba kugira isuku.Kuba adafite inzara zirimo imyanda.Tandukanya:gutandukanya ibiribwa cyangwa ibinyobwa bishyirwa muri Firigo.
Teka:Bivuzeko ugomba guteka amazi agaserura cyane mbere y’uko uyatekesha ibiryo cyangwa kuyanywa.Bimaze kugaragara ko henshi mu Rwanda hariho imiryango ituye mu byaro ikaba ihora irwaye indwara zo mu nda kubera kurya no kunywa ibinyobwa bidasumuye neza.

Ubwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *