Author: ingenzinyayo
Perezida wa FERWAFA Nizeyimana Mugabo Olivier n’itsinda rye bakomeje guteza induru mu mupira w’amaguru
Perezida wa FERWAFA Nizeyimana Mugabo Olivier n’itsinda rye bakomeje guteza induru mu mupira w’amaguru Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,
Read moreItsinda ribuza umudendezo As Kigali WFC riyobowe na Bayingana Innocent, Mukamusonera Theogenie,Gahutu Andre rigiye kwirukanwa.
Urwikekwe rushingiye ku nyota yo kuyobora ikipe y’As Kigali WFC nirwo rwatumye iterwa mpaga,gutsindwa itageze ku kibuga.Uru rwikekwe rwatangiye igihe
Read moreUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rukorera Nyamirambo rugize Dr Kayumba Christopher umwere ku byaha yakekwagaho byo gusambanya abagore ku gahato.
Inkundura y’ubuzima ihoramo inzitizi haba k’umubyobozi ,haba no k’umuturage.Aha niho havuka kutumva ibintu kimwe bikabyarira ikibazo rubanda Ibi biherekezwa no
Read moreAkarere ka Nyamagabe mu murenge wa Musebeya hakomeje gututumba uruntu runtu hagati ya Gitifu Nkurikiyimana Pierre na Viternaire Sibomana Theobard.
Urwikekwe rwongeye kuvuza ubuhuha hagati ya Gitifu w’umurenge wa Musebeya Nkurikiyimana Pierre ukomeje gushinjanya na Viterinaire we Sibomana Theobald. Ubu
Read moreShampiyona y’u Rwanda itangiye kugera mu mahina: Ibyishimo byatashye muri Rayon sports akababaro gataha muri Gasogi United.
Umupira w’amaguru ugira ishusho y’uburyo bwinshi bwuzuyemo ubusabane n’ubwo biba bikorwa murwego rwo guhatanira amanota abyara intsinzi biherekezwa n’ibindi byinshi.Ikipe
Read moreRepubulika y’u Rwanda yashyizeho ishingwa ry’amakipe y’umupira w’amaguru none amikoro azikozeho.
Amateka ntawayahunga.Iyo arimeza ahora ashimwa iyo ari mabi ahora anengwa.Inkuru yacu iri ku ishingwa ry’umupira w’amaguru kuva Repubulika y’u Rwanda
Read moreBamwe mu banyamuryango ba Koperatibe A.T.A.K bayijyanye mu nkiko
Bamwe mu banyamuryango ba Koperative A.T.A.K bayijyanye mu nkiko Bamwe mu banyamuryango ba Koperative A.T.A.K itwara abagenzi ku kibuga cyindege
Read moreUmutoza Seninga Innocent azicuza amanota yahaye ikipe ya Marines fc itozwa n’umutoza Rwasamanzi Yves .
Umupira w’amaguru mu Rwanda ubamo ibibazo byinshi kurenza ibyishimo.Inkuru yacu iri ku ikipe ya Sunrise fc ibarizwa mu karere ka
Read more











