Amakuru mashya
Ruhago nyarwanda: Ubukene bukomeje kuvuza ubuhuha mu makipe y’umupira w’amaguru y’Uturere n’Umujyi wa Kigali Minaloc irebera.
Ibibazo by’ingutu bikomeje guhabwa umwanya mu mupira w’amaguru mu Rwanda,ariko cyane ku makipe y’umupira w’amaguru yubakiye k’Uturere n’Umujyi wa Kigali
Amakuru y'ubutabera
Ngenzi Jean Bosco akomeje gutabaza kugirengo arenganurwe ku karengane akorerwa na Uwonkunda Oliva wigeze kuba umugore we.
Abakera bati”Utazize inarashatse azira inarabyaye.Aha niho haza ikibazo gikomeye gishingira ku karengane Uwonkunda Oliva akorera uwo bigeze gushakana Ngenzi Jean
Amakuru y'imyidagaduro
Kayonza: Hasojwe ihuriro ryari rigamije kwigisha abakobwa ku bibazo bahura nabyo harimo n’ihohoterwa ribakorerwa
Abakobwa babarizwa muri porogramu za GLOW harimo abari muri GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl
Amakuru ya Politiki
Ishyaka Green Party rirasaba Leta ko abagororwa bahabwa indi ndyo kuko imwe ishyira ubuzima bwabo mukaga.
Abarwanashyaka ba Green Party mubitekerezo batanze byazibandwaho mu imigabo n’imigambi yazashingirwaho mu kwiyamamaza harimo ko abagororwa usanga kuva bagera mu
Amakuru y'ubukungu
Rulindo : Abagore bo mu murenge wa Mbogo bamenye ishema ryo kuba ba mutima w’urugo
Abagore bo mu karere ka Rulindo mu umurenge wa Mbogo bamenye ishema ryo kuba bamutima w’urugo bavuga ko bamenye kubyaza
Amakuru y'imikino
Ikipe ya Rayon sports ikuye amanota atatu kuri Etoile de l’est yo ikomeza kugana mucyiciro cya kabili aho imenyerewe.
Uruhuri rw’ibibazo byugarije ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda bimaze kurenga urugero.Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa rivugwaho kubogamira ku makipe