Author: ingenzinyayo
Ubushoreke mu muryango nyarwanda bukomeje kuba ikiraro cy’ubutane abana n’abagore bakabura epfo na ruguru.
Umuryango nyarwanda ubarirwa mubice bitandukanye ariko icy’ingenzi n’umugabo n’umugore n’abana babyara.Uko iterambere rigenda risakara mu Rwanda ninako ubushoreke bukomeza kwiyongera.Inshoreke
Read moreGakenke: Ruli Mining bizihije umunsi mukuru wa mutagatifu Barubara waragijwe Abacukuzi b’amabuye y’agaciro bishimira ibyagezweho.
Ruli mining kampani yizihije umunsi wa Mutagatifu Barubara waragijwe Abacukuzi b’amabuye y’agaciro, usanzwe wizihizwa tariki 4 zukwa 12, uyu mwaka
Read moreUmujyi wa Kigali mu murenge wa Kigali imiyoborere myiza ishingiro ry’ubutwali bwo kubohoza u Rwanda ibikorwa remezo bikegerezwa abaturage.
U Rwanda ubwo rwavugwagamwo ko rubonye ubwingenge ,bamwe mubanyarwanda bimwe uburenganzira mu gihugu cyabo ,utarafunzwe,utarishwe yarameneshejwe yoherezwa ishyanga.Itariki 1ukwakira 1990
Read moreMuri 2030 indwara ziterwa n’umwanda zigomba kuba zarandutse burundu
Ni ibyagarutsweho ku munsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara zititaweho uko bikwiriye wizihijwe ku 30 Mutarama 2024 kunshuru ya 3
Read moreURUJIJO RURACYARI RWOSE K’URUBANZA RUREGWAMO KAMURONSI YVES KWICA DR FABIEN TWAGIRAMUNGU
Imyaka ibaye ibiri umuryango wa Nyakwigendera Dr Fabien Twagiramungu ugitegereje ubutabera k’urupfu rwe. Nyuma y’uko urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rufashe
Read moreIshyaka Green Party rirasaba Leta ko abagororwa bahabwa indi ndyo kuko imwe ishyira ubuzima bwabo mukaga.
Abarwanashyaka ba Green Party mubitekerezo batanze byazibandwaho mu imigabo n’imigambi yazashingirwaho mu kwiyamamaza harimo ko abagororwa usanga kuva bagera mu
Read moreUmwera uturutse ibukuru: Irushanwa Umurenge Kagame cup mu karere ka Nyarugenge hakozwemwo amakosa igikombe gitaha mu Biryogo.
Irushanwa Umurenge Kagame cup ryashyizweho murwego rw’igihugu rigahuza imirenge igize buri karere utwaye igikombe igahura mu ntara,no mu mujyi wa
Read moreNgenzi Jean Bosco akomeje gutabaza kugirengo arenganurwe ku karengane akorerwa na Uwonkunda Oliva wigeze kuba umugore we.
Abakera bati”Utazize inarashatse azira inarabyaye.Aha niho haza ikibazo gikomeye gishingira ku karengane Uwonkunda Oliva akorera uwo bigeze gushakana Ngenzi Jean
Read moreNdahimana Floduard n’abatuye Akarere ka Ruhango baribaza icyatumye Murangira Jean Bosco atabazwa k’urupfu rwa Twagirayesu Samuel wicishijwe inkoni.
Uruhuri rw’ibibazo byugarije umuryango wa Ndahimana Floduard wiciwe umwana we Twagirayesu Samuel.Inkuru yacu iri mu karere ka Ruhango,aho twagiranye ikiganiro
Read moreIntimba y’ubutunzi ikomeje gutuma Uwonkunda Oliva ahiga bukware Ngenzi Jean Bosco wigeze kuba umugabo we.
Ibikorwa bimwe na bimwe bigayitse hariho igihe bituma umugabo atandukana n’umugore we,cyangwa byakorwa n’umwe muribo bagakizwa n’inkiko.Ubu turi mu mujyi
Read more











