Author: ingenzinyayo
Ferwafa urwishe ya nka ntaho rwagiye: Komite ya Munyantwali Alphonse kunaniza ikipe ya Rayon sports nizo nshingano yahawe.?
Umukuru w’igihugu Perezida Kagame ubwo tariki 4 Nyakanga 2023 yari ku itangazamakuru rya Leta RBA yagize ati”ngiye guhagurukira siporo cyane
Read moreGuverinoma nikure mugihirahiro abanyarwanda batega amatagisi kuko zarabuze.
Urujya n’uruza rwabatega amatagisi usanga rwijujutira umwanya munini ukoreshwa hategerejwe amabusi abatwara bayabuze.Mu Rwanda hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi bava
Read moreBamwe mu bakozi n’Abapasiteri bo mu itorero ry’ADEPR bakomeje gushinja Pasiteri Budigiri Herman igitugu n’iterabwoba we arabihakana.
Ijambo ry’Imana rijya mu mitima ituje,naho itorero ry’ADEPR ryuzuyemo induru, urwangano,munyumvishirize,ntuzi uwanzabye,nd’umukada,nuvuga ibitagenda urahinduka igipingamizi n’ibindi nk’ibyo byose byica ubumwe
Read moreIshuri Apaderwa mu ibirori bibereye amaso basezera abarangije amashuri abanza ikiciro cya 6.
Kuri uyu wa 14 Nyakanga2023 mu gihugu hose ibigo byinshi by’amashuri byasoje umwaka w’amashuri 2023 ababyeyi bari baherecyeje abana babo
Read moreUrubanza rwa Nyakwigendera Dr Twagiramungu Fabien ruregwamo Kamuronsi Yves byahinduye isura bihana umucamanza Murererehe Sauda.
Igihe gihishura ibihe inzira ikagira iherezo.Murukiko rukuru rukorera Nyamirambo hari hitezwe iburanishwa mu rubanza rwa Nyakwigendera Dr Twagiramungu fabien wishwe
Read moreSodoma na Gomora :,inzego zibishinzwe Ni zitabare kuri Bar chez st Venuste mu kagali ka Nyabugogo umurenge wa Kigali ahazwi nko Mwisenga
Inzego zishinzwe umutekano w’abaturange cyane cyane abana bato nizi tabare kuri Bar st Venuste hazwi nko mwisenga,kuko dufite amakuru ko
Read moreKimisange:Nyabugogo,Cooperative cleaning ikizere mu kunoza isuku mu mashyirahamwe no mu Nkundamahoro
Koperative Friendship cleaning cooperative ikora isuku n’isukura mu Murenge wa Kimisagara mu kagali ka Kimisagara aho bakunze kwita mu mashyirahamwe
Read moreBamwe mubafana b’ikipe y’APR fc ntibishimiye ko Haringingo Francis yayibera umutoza.
Urujya n’uruza rw’amagambo mu makipe yo mu Rwanda mu igurwa ry’abakinnyi n’abatoza byafashe intera.Ubwo amakuru yacicikanaga ko umutoza Haringingo Francis
Read more