Author: ingenzinyayo
Akarere ka Musanze karacyahanganye no guhashya burundu icyorezo cya Covid 19 .
Ubuyobozi bwiza n’ubureberera abaturage,aha niho ubwo mu karere ka Musanze bugihashya burundu icyorezo cya Covid 19.Umuyobozi w’Akarere ka Musanze ushinzwe
Read moreIkindi kimenyetso cyo kuniga umupira w’amaguru mu Rwanda kiratutumba mu ikinamico yo kugabira Munyentwali Alphonse Ferwafa.
Kuba umunyabubasha ni byiza iyo ubwo bubasha ubukoresha neza wubahiriza indahiro wakoreye ku idarapo ry’igihugu.Aha niho tugiye kureba uko muri
Read moreRulindo: Isange businesses campany ltd umufatanyabikorwa mu iterambere ry’abaturage
Kugira ngo habeho iterambere ry’umuturage niry’igihugu muri rusange hagomba kuba hari umufatanyabikorwa mu inzego za leta. Mu karere ka Rulindo
Read moreShampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 2022/2023 n’irihe somo isigiye abayobora amakipe na Ferwafa?
Umupira w’amaguru umwe mu mikino ukundwa n’abantu b’ingeri zitandukanye hatarebwe imyaka.Inkuru yacu iri kuri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 2022/2023
Read moreRwanda: Kugira abaturage nabayobozi badashyira ubuzima bwabandi mu kaga ntibyashoboka hatabayeho Kubaka umwana ushoboye kandi ushobotse
Umuryango AJECL(Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga), uratangaza ko ibi bizagerwaho mu gihe abana bajya batozwa bakiri bato umuco
Read moreGakenke : Itorero ADEPR Ururembo rwa Muhoza yibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 muri Paroisse ADEPR Muhondo, banagabira Inka abarokotse jenoside
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 2 Gicurasi 2023, wabanjirijwe no gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Muhondo, hanashyirwa indabo ahashyinguye
Read more













