Author: ingenzinyayo
Umutungo wa Laterite uteje ikibazo mu murenge wa Mageragere ho mu mujyi wa Kigali kuko harabashaka kuwukoresha binyuranije n’amategeko.
Inkuru yabaye kimomo mu murenge wa Mageragere ko harahabonetse itaka rya Laterite rimwe rifashishwa hakorwa umuhanda uzajyamo kaburimbo.Abantu batandukanye ntibari
Read moreAbayislamu bo mu karere ka Huye baratabaza ubuyobozi bwa RMC k’urwego rw’igihugu kubatabara kuko Imam wabo Sheikh Rubona ababangamiye birenze urugero.
Inzego za leta nizo mumadini inshingano niz’uko buri wese yubaha abamukuriye.Islam muri RMC siko bihagaze mu karere ka Huye kuko
Read moreMunyaneza Viateur Alias Rukara utuye Umurenge wa Runda Akarere ka Kamonyi abanyemari bamutwariye ubutaka baramugera amajanja yo kumutwara munzererezi.
Amahoro ku giti cy’umuntu n’uburenganzira bushotse .Biravugwa bigacecekwa ababifitemo inyungu bakabeshya bikabahira.Aha niho hari kwibazwa niba umuturage umwe yabuza undi
Read moreAbaturage bo mu mudugudu wa Mugandamure A mu karere ka Nyanza baratabariza Uwamwezi Primitive kubera ihohoterwa akorerwa.
Amakimbirane mungo akomeje kuvuza ubuhuha umuryango ugasenyuka.Muturere tugize u Rwanda ahutumvise umugabo wishe umugore we,wumva aho umugore yishe umugabo we.Inkuru
Read moreUmujyi wa Kigali: Abatuye Akarere ka Nyarugenge mu kagali ka Rwampara baratabaza Perezida Kagame kuko Rutayisire Eugene abishyuza umutungo yishyuwe.
Intabaza ikomeje kuvuza ubuhuha mu mudugudu w’Amahoro, Akagali ka Biryogo , Umurenge wa Nyarugenge,Akarere ka Nyarugenge,Umujyi wa Kigali.Inkuru yacu irahera
Read moreAkarere ka Kamonyi:Ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro irimbukiro ry’abatuye Rukoma
Hirya no hino mu gihugu hacukurwa amabuye y’a gaciro atandukanye , mu murenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi ni
Read moreAkarere ka Huye:Abaturage bo mu murenge wa Mukura ntibavuga rumwe na Gitifu Ngabo Fidel k’urupfu rwa Gakwaya Gaspard na Nsengiyumva Jean de Dieu.
Umuyobozi utegera abaturage mugihe cy’amage ntibamugirira icyizere.Umuyobozi udahumuriza abaturage biciwe umuntu nta mihigo ihamye agira.Inkuru yacu iri mu ntara y’amajyepfo
Read more













