am12ABARI ABAKOZI BA WASAC BAHAMWE NÔÇÖICYAHA CYO KWAKA RUSWA UMUKIRIYA

Ku itarikiya 20/10/2015 abakozi b’ikigo gishinzwe amazi n’isukura  (EWSA) umuroroveri n’umutekinisiye aribo  UWAYEZU JEAN D’ASCENCION  na NGABONZIZA JEAN DAMASCENE  bafatanywe igihanga ubwo bageragezaga kurya ruswa y’ibihumbi mirongo ine (40.0000fr)  kuri BANGAINVILLA HOTEL  I Nyarutarama bagirango baburizemo fagitire y’ibihumbi Magana ane (400.000fr) umukiriya yagombaga kwishyura Ewsa .am12

 Umuyobozi wa serivisi z'ubucuruzi Rutaremara Lucien

Bahise batabwa muriyombi baburanishwa ku itariki ya 09/12/2015 bemera icyaha , kuri uyu wagatanu w’itarikiya 15/01/2016  bakaba basomewe n’urukiko rw'inyamirambo ,rwemeza ko icyaha bashinjwa kibahama rubahanisha burimuntu igihano cyo gufungwa imyaka 3 no gutanga ihazabu y’ibihumbi mirongo inani (80.000 fr) .ifoto

           Abaregwa bari mu urukiko

Umuyobozi wa serivise z’ubucuruzi mu kigo cya Wasac   RUTAREMARA LUCIEN  avuga ko nk’ikigo akorera cyishimiye imikirize y’urubanza n’ibihano byahawe  aba bagabo,bikaba ari n’urugero rwiza kubandi  baba bakora cyangwa bateganya kuzakora ibibyaha byo kwiba  no  kurya ruswa haba mu bakozi babo n’abaturage muri rusange biba amazi n’umuriro ko ibihano n’amategeko bibahana biteganyijwe.

Aime Gerald Ufitinema

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *