Ikibizazo cyÔÇÖabashomeri mu Rwanda mu nzira yo gucika burundu

Nyuma yaho havukiye umushinga mu Rwanda utanga amahugurwa ndetse n’ubufasha ku rubyiruko rw’u Rwanda,Bamwe mu bagize amahirwe yo kumenya  Akazi Kanoze Access ubu baranezerewe cyane ku mitima yabo .

Kuko ibyo bibazaga nk’ibibazo byabonewe ibisubizo .ibyo babitangaje  nyuma yaho abasaga 1000 basoje amahugurwa mu Kazi Kanoze Access   bemezako bahakuye ubumenyi n’ubushobozi bwo kuva mu bushomeri.

Ubwo twaganiraga nabamwe mu bakoze ayo mahugurwa bagiye batubwira urugendo bahuye narwo kugeza aho ubu bamwe bageze ku rwego rushimishije ,aho badatinya kuvuga ko ari barwiyemeza mirimo.umwe muri bo ati:gat

                           Jean Baptiste Gatoya mu minsi iri imbere araba azwi nka nka Sina Gerard

njye nitwa  Jean Baptiste Gatoya uzwi ku izina ry’akabenzi natangiye umusinga wange mfite ibihumbi 2300 maze kumva impanuro za’Akazi kanoze Access aho batubwiyeko umuntu ashobora gutangiza amafaranga afite.

Ariko ubu maze kugera kuri byinshi kandi byiza aho ntatinya kwaka inguzanyo iri muri za miriyoni.

Muka

Marie Clarisse  Mukandoli kuba umuvetereneri akabona n"amahugurwa mu Akazi Kanoze Access bimugize umukire da!

Naho Mari Clarisse mukandengo we ati :natangije ibihumbi 500000 gusa ariko ubu nanjye mfite abo nahaye akazi mbicyesheje amahugurwa nakuye mu Akazi kanoze Access.ubu intego y’Akazi kanoze Access akaba ari kugeza ayo mahirwe kubantu ibihumbi 3000 buri mwaka bakabona ayo mahugurwa abayakoze bemezako ari ingirakamaro.ibiriro byakomeje hatangwa seretifika kabanyeshuri baranjie ayo mahugurwa basaga igihumbi

Bdy

                                       Ibyishimo na morale byari byinshi kubarangije amahugurwa

-awrd 1

                                                      Bamwe mu bahuguwe bashyikirizwa seretifika

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *