Isuku niyo soko y’ubuzima:Kampani New Life NT & MV LTD yashimiwe ibikorwa ikora by’indashyikirwa.

Umujyi wa Kigali mu rwego rwo kunoza isuku haba mu muhanda no ku nkengero zawo hatangijwe ubukangurambaga.

Iki gikorwa cyatangiye mu murenge wa Muhima aho Kampani isanzwe imenyerewe kunoza isuku no kubungabunga ibidukikije ariyo New Life yahageze.Abafashe ijambo bose bishimiye uburyo isuku ihagaze mu mujyi wa Kigali kugera ku mudugudu.

Inzego z'umutekano nazo zari zitabiriye igikorwa cy'isuku

Umuyobozi wungirije mu karere ka Nyarugenge niwe wari umushyitsi mukuru.Uyu muyobozi yavuzeko New Life yitabira umurimo ikanakora neza,kongera ibikoresho buhagije.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'umurenge wa Muhima ageza ijambo kubitabiriye igikorwa cyo kunoza isuku[photo]

Gitifu w'Umurenge wa Muhima nawe yahamije ko isuku ari ntagereranywa cyane nko mu ma restoraunt kugeza mu masoko.

Kuba rero isuku ari ntagereranywa ngo nibyo bituma icyorezo cya Coronavirus kigenda gishira.Iki cyumweru cyahariwe ubukangurambaga kizabere buri muturage kugira isuku umuco.

Murenzi Louis

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *