Author: ingenzinyayo
Abakiristu b’itorero ry’ADEPR bakomeje gutabaza kuko Rev Ndayizeye Isaie arigejeje mu manga ikomeye.
Ibibazo by’urudaca bikomeje kuba byinshi mu itorero ry’ADEPR,ariko bikaburirwa igisubizo,kandi bitakabaye kuko inzego zitandukanye zakabaye zibikemura.Aha niho hibazwa impamvu Ndayizeye
Read moreIkipe ya Kiyovu sports impinduka zirakomanga:Mvukiyehe Juvenal ategerejwe n’inzira ebyeri z’umusaraba.
Umupira w’amaguru mu Rwanda wavuzwemo byinshi biwudindiza kugeza ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame abifatiye umwanya wo kwamagana
Read moreAkarere ka Kirehe akarengane karavuza ubuhuha Meya Rangira akingira ntibindeba .
Muteteli Claudine yarakubiswe yimwa ubutabera nubu aracyatotezwa,umunsi hazagira ikirenga kururu rugomo kuva ku Isibo kugeza ku karere ntibazahakane ko batazi
Read moreRwamagana: Bamurikiwe ingamba zo kwihutisha gahunda za leta n’imihigo y’umwaka wa 2023-2024.
Abitabiriye inama ya Komite mpuzabikorwa y’Akarere ka Rwamagana bamurikiwe ingamba zo kwihutisha gahunda za leta na gahunda z’iterambere ry’Akarere, bagaragaragarizwa
Read moreADEPR: Ingoma ya Rev Ndayizeye Isaie yubakiye ku kinyoma,itonesha n’icyenewabo biyikuye mu nshingano za Gishumba.
Abakiristu b’itorero ry’ADEPR mu Rwanda baratabaza inzego zitandukanye kuko ingoma ya Ndayizeye Isaie ibakuye mu mwuka wera.Abapasiteri bo muri ADEPR
Read moreAbakunzi b’ikipe ya Rayon sports bakemanze igikorwa cyo gushimira abaterankunga bamwe bagasiga abandi.
Gufasha ikipe wihebeye ya Rayon sports biba byiza cyane kuko inkunga utanga niyo ibyara intsinzi.Kuruyu mugoroba abakunzi b’ikipe ya Rayon
Read moreIyimikwa ry’umutware w’Abakono ryambuye Gatabazi Jean Marie Viannry umugati yagaburirwaga na FPR.
Umuhanzi ati”nar’umupfumu ikirenga indamu zikanyugariza”bukeye aho naraguzaga nsanga bambeshya mbireka byose.Gatabazi yasunitse benshi muri politiki ya FPR abita ko badakunda
Read moreKuki Umushoramari Hategekimana Martin Alias Majyambere akomeza gufungwa yararangije ibihano yakatiwe n’urukiko?
Urwikekwe rwa politiki s’urwo mu nzego zimwe na zimwe mubahatanira Ministeri kugeza k’urwego rw’isibo.Urwikekwe rwa politiki ruba no kuri rubanda
Read moreAkarere ka Bugesera: Uwamariya Beatha ufite uruganda Dusangire Productions LTD rwenga icyo yita inzoga uwayinyweye yiruka ku musozi.
Abatuye mu isantire ya Kamabuye mu Akagali ka Ngenda ,umurenge wa Nyarugenge baratabaza kuko inzoga zikorwa n’uruganda DUSANGIRE PRODUCTIONS Ltd
Read more