Author: ingenzinyayo
Akarere ka Nyamagabe:Nteziryayo Andre Gitifu w’Umurenge wa Kitabi yahohoteye umuturage nawe yitabaza urukiko.
Ibibazo bitandukanye byugarije abanyarwanda biba mungeri zitandukanye,hariho ibiva hagati mubantu k’uburyo butandukanye,ariko ntihamenyerewe ko umuyobozi ahohorera umuturage.Perezida wa Repubulika y’u
Read moreAkarere ka Rulindo k’ubufatanye n’umuryango ARCOS Network batangije igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba kuri hegitari 2560.
Mu Akarere ka Rulindo hatangijwe igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba kuri hegitari zirenga ibihumbi bibiri aho hakozwe umuganda usoza ukwezi
Read moreUmujyi wa Kigali urasenya amanegeka ukubaka abarakare b’ubutegetsi bwa FPR imbere mugihugu.
Ubutegetsi bushingiye kuri Repubulika nibwo jisho ry’umuturage.Ubutegetsi bukorera umuturage igenamiganbi kuva avutse kugeza apfuye.Iyo igenzura ry’ibikorwa rusange bikozwe hakemezwa ko
Read moreKuradusenge Furaha Angelique watereranywe na Meya w’Akarere ka Kamonyi yabuze kirengera.
Byaravuzwe biburirwa umurongo kuko imvugo za bamwe mubayobozi ntizihura n’ibikorwa bakorera abaturage.Aha niho hakomeje kuvugwa umuturage witwa Kuradusenge Furaha Angelique
Read moreManirakiza Theogene yijejwe kurekurwa abika amabanga birangira asanze bagenzi be muri Gereza ya Mageragere.
Umunsi humvikanaga ko umunyamakuru Manirakiza Theogene yafashwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB yaka ruswa Nzizera Aimable,benshi ntibabyemeye,kuko bari baziko bar’inshuti.Uko
Read moreUko ubukene burushaho kugenda bwiyongera burarushaho guha icyuho ubusambanyi Sida nayo ikavuza ubuhuha.
Ibihe bihisha iminsi,ariko igihe cyahishura umunsi ukuri n’ikinyoma bikarwanishwa kuri mwene muntu.Kuva isi yose yavugwamo indwara cyangwa icyorezo cya Sida
Read more













