Author: ingenzinyayo
Bamwe mubanyamuryango ba Ferwafa barasabira umukozi wayo Iraguha David kwirukanwa .
Mugihe mu ishyrahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa bakomeje kurebna ay’ingwe,abandi bakishimira ko Nizeyimana Mugabo Olivier yirukanywe nabari baramuhaye ubuyobozi,noneho
Read moreAbakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bakomeje kwibaza impamvu Junior y’ikipe y’APR fc yanze gukina igikombe cy’Amahoro?
Benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bategereje kumva ijambo rya Gen Mubarak Muganga nka Perezida w’ikipe y’APR fc,cyane ko
Read moreIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa ishyamba si ryeru: Nizeyimana Mugabo Olivier yijeje Rubegasa Hunde Walter kuba visi Perezida.
Uko iminsi ishira indi igataha mu ishyrahamwe ry’umupira w’amaguru Ferwafa harakomeza kuzamo ibibazo bitezwamo na Perezida wayo Nizeyimana Mugabo Olivier.Amakuru
Read moreFerwafa niyo ihanzwe amaso k’urugomo umutoza Jammel Eddine Neffati yakoreye umusifuzi Nsoro Ruzindana n’abagenzi be.
Umupira w’amaguru ubamo ibice bitatu.Gutsinda bigashimisha Komite iyoboye ikipe ,hakiyongeraho abafana, umutoza n’abakinnyi.Gutsindwa bikababaza Komite kuko iba yaraguze abakinnyi n’umutoza
Read moreAbanyamuryango ba Ferwafa barasabira Nizeyimana Mugabo Olivier na Uwanyirigira Delphine kweguzwa kuko bazambije umupira w’amaguru.
Uruhururikane rw’ibibazo byugarije umupira w’amaguru buri munyamuryango wa Ferwafa,kongeraho umukunzi w’umupira w’amaguru barabishinja Perezida wa Ferwafa Nizeyimana Mugabo Olivier hamwe
Read moreTwibuke Twiyubaka:Akarere ka Nyarugenge kasoje icyumweru cy’icyunamo hibukwa abatutsi biciwe k’umugezi wa Nyabarongo bakanajugunywamo.
Amateka abamo ibice bibili.Amateka meza ahora yibukwa.Uwayakoze abera inzira nziza kubamukimokaho.Amateka meza abamo ingeri nyinshi kandi z’ingenzi.Gutabarira igihugu ,gutabara rubanda
Read more













