Author: ingenzinyayo
Rwanda: Kugira abaturage nabayobozi badashyira ubuzima bwabandi mu kaga ntibyashoboka hatabayeho Kubaka umwana ushoboye kandi ushobotse
Umuryango AJECL(Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga), uratangaza ko ibi bizagerwaho mu gihe abana bajya batozwa bakiri bato umuco
Read moreGakenke : Itorero ADEPR Ururembo rwa Muhoza yibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 muri Paroisse ADEPR Muhondo, banagabira Inka abarokotse jenoside
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 2 Gicurasi 2023, wabanjirijwe no gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Muhondo, hanashyirwa indabo ahashyinguye
Read moreIgihungabanya ikipe ya Rayon sports kiba gishenye umupira w’amaguru mu Rwanda.
Ikipe ya Rayon sports yavukiye muri Komine Nyabisindu Perefegitire ya Butare.Ubwo hari muri Repubulika ya mbere.Aho ikipe ya Rayon sports
Read moreIKipe ya Rayon sports itwaye igikombe cy’Amahoro 2023 itsinze iy’APR fc yabanje kwikanga balinga y’amarozi.
Intsinzi mu ngeri zose irishimirwa.Abayibozi, abakunzi n’abafana b’ikipe ya Rayon sports bishimiye igikombe cy’Amahoro begukanye batsinze mukeba wabo APR fc.Urugendo
Read moreIntambara y’umutungo ya Nyakwigendera Iraguha Edissa ikomeje guteza amakimbirane hagati y’abana be yasize.
Mukarurangwa Immaculate arashaka kwikiza abavandimwe be ngo yegukane imitungo Iraguha Edissa yabahayemo irage.Inyota y’ubutunzi niyo ikomeje guteza amakimbirane kugeza ubwo
Read moreAkarere ka Rusizi kigize ntibindeba gatererana ikipe ya Espoir biyishyira mucyiciro cya kabili .
Umupira w’amaguru nimwe mu mikino ikundwa na benshi haba mu Rwanda no mu mahanga.Inkuru yacu iri ku Ikipe ya Espoir
Read moreRwinkwavu:Abacukuzi b’amabuye y’agaciro bavuga ko bagorwa no kubona udukingirizo
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rwinkwavu muri zone ya Gahengeri ahacukurwa amabuye y’agaciro ya Gasegereti, urubyiruko rukora mu bucukuzi
Read moreUko yahinze siko yaguye: Mvukiyehe Juvenal yemereye ibikombe abafana ba Kiyovu sports birangira nta nakimwe abahaye.
Kera habayeho n’umugani ucibwa kubera ibihe biba byararanze abantu batandukanye cyangwa umuntu ku giti cye.Turi mu mupira w’amaguru ku ikipe
Read moreKampani Karame Rwanda Ltd ya Munyakazi Sadate ikomeje kwesa umuhigo ikora imirimo itandukanye iha abanyarwanda akazi.
Kwihangira imirimo no gushora imali mu Rwanda niyo ntego yari yarihawe muri 2020.Bamwe mubabyumvise kare harimo na Munyakazi Sadate watangiye
Read moreUmupira w’amaguru mu Rwanda ukomeje kubakirwa ku kinyoma kugeza naho bifuza Umurundi Ndikumana Danny.
Ibihe bihisha byishi,ariko umunsi umwe ukabihishura.Aha niho herekanwako mu Rwanda umupira w’amaguru wubakiwe k’umusenyi nawo wahashunguka.Tureke ibihe bya kera turebe
Read more












