Author: ingenzinyayo
Bomboli bomboli yongeye kuvuza ubuhuha mu itorero ry’ADEPR kubera igitugu cya Pasiteri Ndayizeyi Isai warishoye mu manza.
Itorero ry’ADEPR aho kujya mu murongo mwiza w’ivugabutumwa ngo rizamure urwego rw’Abapasiteri n’Abakiristu ryibasiwe n’ibibazo by’ingutu biriganisha gutezwa cyamunara.Inkuru yacu
Read moreUkuri kwakuyeho igicu cyari cyabuditse muri RMC ku bayislamu bagiye mu mutambagiro wa Hidja i Maka.
Kubaka n’ubwo bivuna,ariko abasenya bo har’igige bibagora cyangwa bikabirohera.Amakuru amaze iminsi azunguruka kuri bamwe mubayislamu bashakaga kujya mu mutambagiro wa
Read moreImibereho myiza,Ngoma :Ibicumbi mboneza mikurire byitezweho kugabanya igwingira ry’abana kugera 19% mu mwaka 2024
Ikibazo kigwira ry’abana kiri mu bihangayikishije inzego zitandukanye aho binyuze mu bufatanye bw’inzego za Leta, abafatanyabikorwa n’ababyeyi mu rusange bakomeje
Read moreMageza Esdras aratabariza umwana we warwaye uburwayi bw’amayobera
Inkuru y’uburwayi bw’amayobera yumvikanye mu ntara y’iburasiraziba,mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Gitoke, Akagali ka Bukomane , Umudugudu wa Gakiri,murugo
Read moreAbaturage bo mu karere ka Nyamagabe barasaba Njyanama kwirukana Nkurikiyimana Pierre Gitifu w’Umurenge wa Musebeya kuko yataye inshingano z’ubuyobozi.
Ibihe bisimbura ibindi munzira zitandukanye.Aha niho harimo urwikekwe hagati y’abaturage bo mu karere ka Nyamagabe basabira Gitifu w’Umurenge wa Musebeya
Read moreUbukungu: Innopro Ltd mu bikorwa by’iterambere ry’ubuhinzi.
Uruganda Innopro Ltd rwatangiye rutunganya igihingwa cy’urutoki rugakuramo ikinyobwa gikunzwe n’abenshi Umurava,kurubu Rutanga amahugurwa ku buhinzi bw’urutoki bugezweho mu rwego
Read moreAbanyabubasha baniga ruhago nyarwanda bongeye gukumira Gacinya Chance Denys mu matora ya Ferwafa.
Imvugo zitandukanye n’uzivuga nizo zikomeje kugenda ziteza ikibazo muri benshi mu banyarwanda.Inkuru yacu iri kuri siporo igendanye n’amatora yo kuyobora
Read moreUmurenge wa Runda mu karere ka Kamonyi ushinzwe imiturire yakingiye ikibaba umunyemari atwara ubutaka bw’abaturanyi.
Mugihe ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bukomeje gukangurira abayobora Isibo, Umudugudu,Utugali n’imirenge kwirinda amakimbirane mu baturage hariho abatabikozwa.Aha niho hava ikibazo
Read more













