Amakuru
Ibiribwa n’ibinyobwa biteguranywe isuku nkeya bikomeje guteza indwara zitandukanye
Kurya ibiryo byanduye bitera indwara.Abagera kuri miliyoni 600 ku isi barwara indwara zo kurya ibiryo byanduye.Abana 30% bari munsi y’imyaka
Read moreIminsi mibi ntawuyicuraho undi:CG Ltd Gasana Emmanuel arakekwaho ibyaha bitandukanye.
Inzira ntibwira umugenzi iherezo ryayo kuko Rurema niwe ubigena.Abakera bati”iminsi mibi ntawuyicuraho undi kuko uwayigaburiyeho mugenzi we nawe ayigaburirwaho n’abandi”Gasana
Read moreAkarere ka Nyamagabe:Nteziryayo Andre Gitifu w’Umurenge wa Kitabi yahohoteye umuturage nawe yitabaza urukiko.
Ibibazo bitandukanye byugarije abanyarwanda biba mungeri zitandukanye,hariho ibiva hagati mubantu k’uburyo butandukanye,ariko ntihamenyerewe ko umuyobozi ahohorera umuturage.Perezida wa Repubulika y’u
Read moreAkarere ka Rulindo k’ubufatanye n’umuryango ARCOS Network batangije igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba kuri hegitari 2560.
Mu Akarere ka Rulindo hatangijwe igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba kuri hegitari zirenga ibihumbi bibiri aho hakozwe umuganda usoza ukwezi
Read moreUmujyi wa Kigali urasenya amanegeka ukubaka abarakare b’ubutegetsi bwa FPR imbere mugihugu.
Ubutegetsi bushingiye kuri Repubulika nibwo jisho ry’umuturage.Ubutegetsi bukorera umuturage igenamiganbi kuva avutse kugeza apfuye.Iyo igenzura ry’ibikorwa rusange bikozwe hakemezwa ko
Read moreKuradusenge Furaha Angelique watereranywe na Meya w’Akarere ka Kamonyi yabuze kirengera.
Byaravuzwe biburirwa umurongo kuko imvugo za bamwe mubayobozi ntizihura n’ibikorwa bakorera abaturage.Aha niho hakomeje kuvugwa umuturage witwa Kuradusenge Furaha Angelique
Read moreManirakiza Theogene yijejwe kurekurwa abika amabanga birangira asanze bagenzi be muri Gereza ya Mageragere.
Umunsi humvikanaga ko umunyamakuru Manirakiza Theogene yafashwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB yaka ruswa Nzizera Aimable,benshi ntibabyemeye,kuko bari baziko bar’inshuti.Uko
Read moreRuhago nyarwanda: Ferwafa ikomeje guha icyuho abasifuzi kibasira ikipe ya Rayon sports .
Umupira w’amaguru mu Rwanda wavuzwemwo amakosa menshi,kandi y’umurengera kugeza naho Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame abivuzeho,akongeraho ko azabyikurikiranira.
Read moreUmunyamakuru Manirakiza wafunzwe akekwaho ruswa agiye kuba ikiraro cya zimwe mu manza zagizwe ibanga.
Urwitwazo rw’urwikekwe nirwo rukomeje kubaka urwangano hagati mu banyarwanda.Ruswa yo n’icyaha uko yaba yakozwemwo lose,ariko ubugambanyi bwo bumaze kurenga urugero.Niyo
Read morePrince Kid Ishimwe Dieudonne yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu y’igifungo:Akaziritse k’umuhoro !
Urujya n’uruza rw’ibibazo bihora birekereje kuri mwene muntu.Iyo batizanye urabikururira.Uko byagenda kose bizwiko mu Rwanda habaho munyumvishirize bikarangizwa n’uko nyakamwe
Read moreN’iki u Rwanda ruzungukira mu imurikagurisha nyafurika ry’ingufu (Africa Energy Expo) rizahuza ibihugu bisaga 25
Muri Gashyantare 2024 u Rwanda ruzakira imurikagurisha Nyafurika ry’ingufu (Africa Energy Expo), rizahuriza hamwe abagera ku bihumbi bitandatu, baturutse mu
Read moreUmurenge wa Kigali mu mujyi wa Kigali bakoze igikorwa cyo kurwanya inzoga zinkorano bazimenera muruhame.
Ubukangurambaga buboneye bukorwa n’ubuyobozi bukorerwa abaturage kugirengo birinde icyaha mbere y’uko bakibahanira.Ibi nibyo bikorwa kuva ku Isibo, Umudugudu, Akagali kugeza
Read moreUmujyi wa Kigali:Ubwo hatangizwaga igikorwa cyo kwimikaza ubumwe n’ubudaheranwa basabye abaturage kugira uruhare kuri buri munyarwanda wese
Mu umujyi wa Kigali ubwo hatangizwaga ukwezi k’Ubmwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa kanyinya, tariki 02
Read more













